
Umukino wa nyuma w’igikombe cy’lsi cya 2026 ugiye guhuza Espagne na Argentina, byitezwe ko uzakurebwa n’abagera kuri miliyari 1.8 ku Isi hose.
Uyu mukino urahuza amazina akomeye yombi mu bihugu byabo ariko afitanye n’amateka akomeye, ayo ni Lionel Messi w’imyaka 39 wogeje Lamine Yamal y’imyaka 19 ubwo yari uruhinja.
Mu 2022, Argentina itwara igikombe cy’lsi itsinze u Bufaransa kuri Penaliti, uyu mukino imibare igaragaza ko wari warebwe na miliyari 1.5.
Icyatumye iyi mibare yiyongera uyu mwaka harimo no kuba amakipe yarongerewe aka kuri 32 akajya kuri 48.
Uyu mukino wakurikiwe n’abarimo Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, Perezida wa Mexico, Claudia Sheinbaum, Umwani wa Espagne, Filipe VI, n’abandi.






