Umuhanzikazi Tiwa Savage witwa umwamikazi wa Afrobeats, yasabye abantu ko bamufasha gushishikariza Tunde Ednut kumenyekanisha imiziki ye....
Umuhanzikazi w’icyamamare, Ariana Grande yongeye kugaragara ku rubyiniro ataramira abafana nyuma y’imyaka igera kuri irindwi yari ishize...
Mugisha Gilbert nyuma yo gusoza amasezerano mu ikipe ya APR FC ndetse bikagaragara ko iyi kipe itifuza...
Umunya-Maroc Achraf Hakimi ukinira ikipe ya Paris Saint Germain niwe mukinnyi uhagarariye Afurika ku rutonde rw’abakinnyi bafite...
Rutahizamu Neymar Jr ukinira ikipe y’igihugu ya Brésil yamaze gushyiraho inyogosho nshya mu gihe yitegura gukina Igikombe...
Umuhanzi Okkama yatangaje ko kuri uyu wa mbere taliki 8 Kamena 2026 aribwo azashyira hanze Album ye...
Umuhanzi ndetse akaba n’umusizi Junior Rumaga yatangaje ko yashenguwe cyane n’urupfu rwa Nyirabagande Dorocelle wamenyekanye nka Languida...
Leta ya Iran yatangaje ko hari abakozi b’Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru, bimwe visa zo kwinjira muri Leta...
Gloria Bugie umuhanzikazi wo muri Uganda yatangaje ko adakozwa ibyo kuba inshuti n’abahanzi bagenzi be mu rwego...
Umuhanzikazi France Mpundu yongeye gutungurana nyuma yo kugaragara Ari gutaramira abakurikiye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri...













