
Umudage Toni Kroos wanatwaranye igikombe cy’lsi cya 2014 n’igihugu cye batsinze Argentina igitego kimwe ku busa, yishimiye ko iyi kipe yatsindiwe ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’lsi cya 2026.
Uyu mukino wabaye mu ijoro ryakeye Espagne yatsinze Argentina igitego kimwe ku busa, iki gihugu kirangajwe imbere na Lionel Messi nta mupira n’umwe giteye ugana mu izamu mu minota irenga 120.
Toni Kroos yanditse kuri konti ye ya X ati “Umupira watsinze”, bigaragara ko yishimiye kuba Espagne yarushaga Argentina yanayitsinze.




