Umutoza wa Rayon Sports Haringingo Francis nyuma yo kunganya na Rutsiro umukino we wambere yari atoje yatangaje...
Imyaka ibaye myinshi abafasha abahanzi bagerageza uko bashoboye ngo umuziki Nyarwanda ugere ku rwego mpuzamahanga ariko byaranze...
Umuhanzi Bruce Melodie yateguje indirimbo nshya ateganya gushyira hanze aho kuri iyo ndirimbo ari gufashwa na Rumaga...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu AMAVUBI Joy Lance Mickels yifurijwe n’ikipe ye ya Sabah Fk gukira vuba nyuma y’imvune...
Ibitangazamakuru, abakunzi b’umuziki, abasesenguzi mu myidagaduro batandukanye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, bose bacitse ururondogora bavuga ku...
Mu mukino w’ishyiraniro wahuzaga Arsenal na Manchester City umukino wari ufite byinshi usobanuye urangiye ikipe ya Arsenal...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO), Tedros Adhanom Ghebreyesus nyuma yo kubona Ngabo Karegeya ahuza...
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yaho APR FC yari yatsinzwe na Etincelles inaniwe gutsinda Rutsiro i Rubavu...
Wizkid watangaje muri 2010 kuri Twitter ko Ari umufana ukomeye wa Fally Ipupa nubwo arumva ibyo aba...
Mu 2010 WizKid wari umuhanzi ukizamuka yigeze kujya kuri Twitter yaje kuba X, yandika amagambo avuga ukuntu...













