
Mr Flavour umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko mu buzima bwe adashobora kubana n’umugore umwe kuko mu Isi irimo abantu benshi batandukanye, bityo ko nta mpamvu yo kubana n’umugore umwe nk’aho ari we uri ku Isi gusa ariyo mpamvu atagomba kwifungirana mu kazu ko gushaka umugore umwe.
Umuhanzi wo muri Nigeria, Flavour yatangaje ko adashobora kubaho abana n’umugore umwe ubuzima bwe bwose kuko ari ibintu bikomeye cyane kuri we.
Uyu muhanzi yavuze ko atuye mu Isi irimo abantu benshi batandukanye, bityo ko nta mpamvu yo kubana n’umugore umwe nk’aho ari we uri ku Isi gusa, kandi ntabwo agomba kwifungirana mu kazu ko gushaka umugore umwe gusa.
Uyu muhanzi asanzwe afite abana batatu yabyaranye n’abagore babiri batandukanye.





