
Ubwo Element yabazwaga abaraperi batanu b’ibihe byose mu mboni ze yasubije ko Jay Polly ariwe uza k isonga aho akurikirikirwa n’abandi baraperi barimo Bull Dogg , Riderman, Bushali na Ish Kevin.
Element mu kiganiro cye yatangaje ko Jay Polly ariwe muhanzi uza ku isonga mbere ya Riderman na Bull Dogg ibyo bikaba byatumye afata icyemezo cya jay Polly aza ku isonga nk’umuhanzi urusha abandi.
Element akaba ashyize ku isonga Nyakwigendera Jay Polly nk’ umuhanzi wahize abandi ndetse akaba afatwa nk’ikitegererezo aho akurikirwa n’abahanzi barimo Bull Dogg , Riderman, Bushali na Ish Kevin.
Nyakwigendera Jay Polly akaba ari umwe mu bahanzi bakoze izina mu mitima ya benshi bamwe bakaba bahora bamuzirikana.



