
Haruna Niyonzima wakiniye amakipe atandukanye ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi aho arikumwe n’abagenzi be I Madrid muri Espagne aho bakomeje amahugurwa agamije kubungura ubumenyi mu bijyanye n’ubutoza kugira ngo bazabwifashishe mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda yahuye n’umunyabigwi Fernando Torres wamenyekanye cyane ndetse agakora amateka akomeye hagati ya 2008-2014.
Fernando Torres wakiniye amakipe atandukanye arimo Ac Milan , Chelsea,Athletico Madrid akaba yarakoze amateka atandukanye yahuye na Haruna Niyonzima nawe wakoze ibigwi mu Rwanda
Haruna Niyonzima kuri ubu uri kubarizwa muri Espagne aho yitabiriye amahugurwa y’abatozau rwego rwo kongera ubumenyi kugirango bazabashe kuzamura urwego rw’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Fernando Torres akaba yahuye naba bqtoza uko ari icyenda Bose baturutse mu Rwanda aho bakomeje kugenda bahabwa amahugurwa.



