
Rutahizamu Neymar Jr ukinira ikipe y’igihugu ya Brésil yamaze gushyiraho inyogosho nshya mu gihe yitegura gukina Igikombe cy’Isi cya 2026 hamwe n’ikipe ye ya Bresil iyi nyogosho ikaba ikomeje kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga.
Neymar Jr ukunda kurangwa nudushya dutandukanye kuri ubu yashyize hanze inyogosho azifashisha mu mikino y’igikombe cy’isi aho benshi mu babinye iyi nyogosho bakomeje kuyigarukaho cyane.
Uyu rutahizamu usanzwe Ari umukinnyi ukomeye cyane w’ikipe y’igihugu ya Bresil ndetse akaba asanzwe ari umukinnyi ngenderwaho akaba akunzwe no kurangwa nudushya twinshi dutandukanye.
Neymar Jr ukunda kurangwa n’imvune hakomeje kwibazwa niba azabasha gusoza igikombe cy’isi nta mvune agize nkuko byakunze kumubaho cyane mu mikino yatambutse.



