
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko yongereye amasezerano myugariro Ganijuru Elie aho yongereye amasezerano y’imyaka ibiri amasezerano ye akaba agomba kuzarangira muri 2028.
Ishimwe Ganijuru Elie yongereye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports. Ni nyuma yo kwitwara neza mu gice cya kabiri cya Rwanda Premier League 2025-26.
Uyu myugariro ukina ku ruhande rw’ibumoso akaba Ari umwe mu bafashije cyane ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugura Ben Aziz Dao baziko agiye gufata umwanya ubanzamo akabatenguha Ganijuru akagaragaza ko ariwe guhabwa uwo mwanya
Ikipe ya Rayon Sports ikaba ikomeje inzira yo kwiyuka aho ikomeje kugenda ishaka abakinnyi batandukanye.




