
Umuhanzikazi Ariel Wayz yateguje abakunzi be ndirimbo ateganya gushyira hanze yakoranye n’umuhanzi w’icyamamare ukomoka mu gihugu cya Kenya witwa Bensoul iyi ndirimbo bakoranye ikaba yitwa “Waiting”.
Ariel wayz akaba Ari umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda bitewe n’impano ye uyu muhanzikazi akaba yateguje abakunzi be indirimbo yakoranye na Bensour ubwo aheruka mu gihugu cya Kenya
Uyu muhanzikazi akaba yateguje indirimbo “Waiting “yakoranye na Bensoul Icyamamare mu muziki wo mu karere ukomoka muri Kenya. Ariel Wayz ateguje iyi ndirimbo mu gihe n’ubundi Uyu muhanzikazi Aherutse gutaramira ibihumbi by’abanyaRwanda bitabiriye Bal yanegukanye na RSSB ikomoka mu Rwanda.
Ariel wayz akaba akomeje kugenda ashyira hanze ibikorwa bitandukanye mu rwego rwo gukomeza gushimisha abakunzi be.




