Lionel Messi wakoreye amateka akomeye mu ikipe ya FC Barcelona mu gihugu cya Espagne uyu mukinnyi yamaze kugura ikipe ye yo mu cyiciro cya gatatu yitwa UE Cornellà ibarizwa i Catalunya .
Umukinnyi Lionel Messi wamenyekanye cyane ndetse akanakorera amateka adasanzwe mu ikipe ya FC Barcelona dore ko nubu ahafata nko murugo kuri ubu uyu mukinnyi akaba yamaze kugura ikipe ye mu cyiciro cya gatatu muri Espagne.
UE Cornellà n’ikipe ibarizwa ahitwa i Catalunya mu gihugu cya Espagne ikaba ibarizwa mu cyiciro cya gatatu iyi kipe ikaba ariyo yamaze kugurwa na Lionel Messi ibintu bikomeje gushimisha abakunzi be nubwo hatatangajwe amafaranga uyu mukinnyi yaguze iyi kipe.
Lionel Messi usanzwe ukinira Inter Miami yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika akaba yiyongereye mu bandi bakinnyi batandukanye bagiye bafite amakipe yabo baguze.
