Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Burnaboy yamaze kwerekeza mu gihugu cya Mexico aho azataramira ku wa Kane, mu gitaramo gifungura Igikombe cy’Isi cya 2026 iki gitaramo kikaba kizakurikirwa n’umukino wa mbere w’Igikombe cy’Isi uzahuza Mexique na Afurika y’Epfo guhera Saa 21:00 za Kigali kuri Estadio Azteca.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Burna Boy yerekeje muri Mexique aho azataramira ku wa Kane, mu gitaramo gifungura Igikombe cy’Isi cya 2026.
Iki gitaramo kizakurikirwa n’umukino wa mbere w’Igikombe cy’Isi uzahuza Mexique na Afurika y’Epfo guhera Saa 21:00 za Kigali kuri Estadio Azteca.
Burnaboy akaba Ari umwe mu bahanzi bagomba kuririmba mu gitaramo gifungura igikombe cy’isi aho agomba kuzafatanya n’umuhanzikazi w’umunyabigwi Shakira .





