
Umuhanzi wo mu gihugu cy’u Burundi Drama T yatangaje uburyo indirimbo nshyashya ateganya gushyira hanze yayandikiye umukobwa bakundanaga wahinduye byinshi mu buzima bwe gusa akaba agiye kuyishyira hanze baramaze gutandukana kuburyo atazi uburyo azabyakiramo naramuka ayibonye.
Drama T yatangaje ko indirimbo agiye gushyira hanze yayanditse bitewe n’umukobwa bakundanaga gusa akaba ababajwe nukuntu agiye gushyira hanze iyi ndirimbo baramaze gutandukana ndetse akaba yibaza uko azabyakira nayibona.
Akaba yakomeje atangaza ko uyu mukobwa bakundanye ndetse akagira uruhare rukomeye mu kumuhindurira ubuzima nubwo nyuma yo gutandukana akaba akomeje ukuntu azabyakira namara kubona ino ndirimbo yagiye hanze.
Drama T akaba asanzwe ari umwe mu bahanzi bakunzwe cyane bitewe n’indirimbo zitandukanye yagiye akora zakunzwe n’abatari bake.





