
Umunyamakuru Michelle Iradukunda yatangaje ko muri iki gihe usanga urubyiruko rwibanda cyane ku bibuno abandi ugasanga barabaye imbata zo gukoresha ibiyobyabwenge ibintu abona bituma badatekereza ahazaza habo.
Umunyamakuru w’urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru ( RBA ) Michelle Iradukunda uburyo urubyiruko rwubu rugendera kw’irari cyane ugasanga birebere abakobwa bafite ikibuno kinini abandi ugasanga barabaye imbata z’ibiyobyabwenge bigatuma batabona umwanya wo kwitekerezaho.
Nkuko yabitangaje akaba yatangaje ko urubyiruko rw’ubu ruhugiye mu bibashimisha aho usanga badashobora gufata umwanya ngo batekereze ejo hazaza ahubwo ugasanga bahugiye mu kureba abakobwa bafite ikibuno kinini abandi barabaye abasinzi ruharwa ibiyobyabwenge byarabagize imbata.
Michelle Iradukunda akaba yasoje asaba urubyiruko ko rwagerageza rugashaka uko rwakwiyubaka aho gufata umwanya bita kubitabafitiye akamaro.



