
Gianni Infantino perezida wa FIFA yashimiye Lionel Messi nyuma yo kwandika amateka agatsinda ibitego bitatu mu mukino wa Argentina ubanza w’igikombe cy’isi bigatuma aba umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri iri rushanwa aho anganya ibitego 16 n’umukinnyi Miroslav Klose wakiniraga ikipe y’igihugu y’Ubudage.
Perezida wa FIFA yashimiye Lionel Messi nyuma yo gucaagahigo ko kuba umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mikino y’igikombe cy’isi aho yashimangiye ko akomeje gutanga umunezero mu batuye isi.
Nkuko yabitangaje Gianni Infantino abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze akaba yatangaje ko Lionel Messi afite ubwiza butajegajega bitewe n’uburyo uyu mukinnyi akomeza gutanga ibyishimo bisendereye abatuye isi.
Lionel Messi yanditse amateka yo kuba mu batsinze ibitego byinshi mu Gikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Algérie ibitego 3 mu mukino warangiye Argentine itsinze 3- 0 aho yagize ibitego 16 mu Gikombe cy’Isi, anganya n’Umudage Miroslav Klose.



