
Ikipe y’igihugu ya Misiri yageze mu mujyi wa Spokane muri Leta ya Washington aho bitabiriye irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cya 2026, riteganyijwe gutangira muri iki Cyumweru bikaba biteganyijwe ko izesurana ba Belgium ku mukino wa Mbere uzaba ku ya 15 Kamena 2025 kuri Stade Lumen Field.
Ikipe y’igihugu ya Misiri yamaze kugera i Washington muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aho yitabiriye imikino y’igikombe cy’isi ikaba yaserutse mu myambarire idasanzwe.
Barangajwe imbere na kizigenza wabo Mohammed Sarah umwe mu bakinnyi iyi kipe ya Misiri igenderaho bakaba bagiye guhatana kugirango babashe kureba niba bahesha ishema igihugu cyabo cya Misiri ndetse na Afurika muri rusange.
Igikombe cy’isi cya 2026 biteganyijwe ko kizatangira kuri iki cyumweru aho Misiri izahura na Belgium ku mukino wa Mbere uzaba ku ya 15 Kamena 2025 kuri Stade Lumen Field.




