
Kwizera Olivier nyuma yo kumenyakanisha indirimbo yitwa Soldier ya Timi wo muri Nigeria ndetse uyu muhanzi bigatuma afata icyemezo cyo kuyisubiranamo n’abanyarwanda iyi ndirimbo ikaba yamaze kugera hanze aho igaragaramo abahanzi bo mu Rwanda barimo Ish Kevin ndetse na Kid from Kigali.
Iyi ndirimbo yakomeje gukundwa cyane hano mu Rwanda nyuma yo kumenyekanishwa na Kwizera Olivier kuri u u uyu muhanzi wo muri Nigeria akaba yayisubiramyemo n’abarimo Ish Kevin ndetse na Kid from Kigali.
Kuri ubu indirimbo Soldier ya Timi yasubiyemo akifashishamo abahanzi bo mu Rwanda ikaba yamaze kugera hanze irikumwe n’amashusho yayo ndetse mu bakomeje kuyireba bakaba bakomeje kuuyishimira ku rwego rwo hejuru.
Ish Kevin akaba asanzwe ari umwe mu baraperi bakunzwe cyane hano mu Rwanda ndetse bikaba ari n’umugisha kuri we kuba yasubiranyemo iyi ndirimbo na Timi wo muri Nigeria.





