
Umuhanzi Kenny Sol yateguje indirimbo nshya “Godzilla” ateganya gushyira hanze yemeza ko Ari imwe mu ndirimbo yizereramo mu myaka 7 amaze mu muziki ndetse yemeza ko ari indirimbo abantu bazabona imbaraga ze batari basanzwe bamuziho.
Kenny Sol tatangaje ko mu myaka 7 amaze mu muziki indirimbo “Godzilla ” ateganya gushyira hanze Ari imwe mu ndirimbo abona zizabasha gusobanura neza uwo ariwe muri rubanda ndetse benshi bakabasha no Kenya impano yihariye idazanzwe afite batari basanzwe bazi.
Nkuko yabitangaje mu nteguza yashyize hanze y’indirimbo ” Godzillla ” akaba yatangaje ko ari indirimbo abonamo icyerekezo cyerekena uwo ariwe ndetse ko mu myaka 7 yahize yifuza gukora indirimbo nkiyo.
Kenny Sol asanzwe ari we mu bahanzi benshi bakumdira impano yabo idashidikanywaho ndetse akaba anazwiho kugira ijwi rifite umwihariko.





