
Urubuga rwa Audiomack rwumvirwaho imiziki cyane na hano mu, rugira uburyo rwerekana abantu bumva umuhanzi mu buryo bwa buri kwezi.
Mu Rwanda ho rero Kevin Kade niwe uri ku mwanya wa mbere mu kugira abamwumva benshi buri kwezi (Monthly Listeners) bagera ku bihumbi 87,422 kuri uru rubuga rusigaye rufite n’ishami inaha.
Kade akurikira n’abarimo Element Eleeeh ufite ibihumbi 86, ndetse Kivumbi King ufite ibihumbi 85.






