
Umuhanzi Fally Ipupa yifatanyine n’abakunzi ba Paris Saint Germain i Parc des Prince mu Bufaransa mu kwishimira igikombe cya Champions League iherutse kwegukana nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal bikaba ari inshuro ya kabiri itwaye iki gikombe yikurikiranya.
Umuhanzi ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Fally Ipupa Nsimba wamenyekanye nka Fally Ipupa yataramiye abitabiriye ibirori byo kwishimira igikombe cya Champions League Paris Saint Germain iherutse kwegukana i Parc des princes.
Fally Ipupa umwe mu bahanzi bakunzwe cyane ku rwego mpuzamahanga yafashije abakunzi ba Paris Saint Germain bari buzuye sitade ya Parc des princes baje kwishimira igikombe cya Champions League baherutse kwegukana bikaba byari bibaye ku nshuro ya kabiri byikurikiranya.
Muri iki gitaramo cyari cuitabiriwe nabantu benshi cyane Fally Ipupa akaba yagiye abashimisha binyuze mu ndirimbo ze zitandukanye.



