
Nyuma y’uko Joshua Baraka atandukanye na Lobstar ndetse na DJ Ssese barebereraga inyungu ze, amakuru ahari kuri ubu aravuga ko ari gukorana n’uwitwa Richard usanzwe areberera inyungu Etania Mutoni usanzwe ari umukunzi w’uyu muhanzi.
Lobstar na Dj Ssese babanye na Joshua Baraka ndetse bafasha uyu muhanzi kwigarurira abakunzi b’umuziki, gusa kuri ubu ntibahikora.
Umunyamakuru Mr Henrie wo muri Uganda usanzwe anategura ibitaramo bimwe yavuze ko kuri ubu iyo wegereye aba bagabo bombi bakubwira ko ukeneye Joshua Baraka anwigereraho by’ako kanya.
Ibi ni ibyatangajwe n’umunyamakuru Evelyn Mic wa NRG Radio, uzwiho kumenya amakuru y’imbere mu byamamare bya Kampala.




