
Icyamamare muri Basketball Lebron James yakoze amateka n’umuhungu we Bronny James nyuma yo kwegukana Playoffs aho Lebron James yegukana bwa mbere irushanwa rya Playoffs Bronny James yari afite umwaka umwe akaba yongeye kuryegukana ku nshuro ya 187 barimo gukinana mu ikipe imwe.
Lebron James n’umwe mu bafite izina rikomeye mu mikino wa Basketball ndetse akaba afatwa nk’umunyabigwi akaba yongeye kwandika amateka nyuma yo kwegukana irushanwa rya Playoffs mu ikipe ya Lakers arikuumwe n’umwana we bakinana .
Bronny James ubwo papa we umubyara yegukanaga Playoffs ku nshuro ya mbere yari afite umwaka umwe gusa ariko kuri ubu akaba akomeje kwandika amateka nyuma yo kwegukana Playoffs arikumwe na se.






