Abahanzi batandukanye muri Uganda ndetse n’ibindi byamamare, bakomeje kugaragaza ko bashyigikiye Tracy Melon wavuye ku rubyiniro huti huti nyuma yo gukorwa ku kibuno n’umufana wasanga nuwasinze.
Ibi byabaye ubwo uyu muhanzi ugezweho cyane i Kampala, yari yagiye mu gitaramo yakoreraga I Mbarara ku Cyumweru tariki 29 Werurwe 2026.
SOMA:Sheebah yabwiye Abanya-Uganda ko Icyongereza atari ishingiro ry’ubuzima
Abahanzi nka Vinka, Winnie Nwagi, Karole Kasita, Spice Diana, na Chozen Blood,ni bamwe mu bagiye bahura nibi.
Umuhanzikazi Winnie Nwagi ni umwe mubakunze kumvikana kenshi yamagana iyi mico imwe y’abafana baba bashaka gukorakora abahanzikazi igihe bari ku rubyiniro.
