
Ikipe y’Igihugu ya DR Congo yambaye imyenda irimo ibara ry’ingwe, yageze i Texas muri Leta Zunze Ubumwe z’America, aho izatangirira imikino y’igikombe cy’Isi cya 2026 ni mu gihe iyi kipe iri mu itsinda ‘K’ izatangira ikina na Portugal, ku ya 17 Kamena 2026.
Ikipe y’igihugu ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu myambarire idasanzwe Aho yitabiriye igikombe cy’isi.
Ikipe ya Congo akaba ariyo kipe yonyine yabashije kubona itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi mu karere u Rwanda reherereyemo.
Iyi kipe y’igihugu ya Congo ikaba yarangiwe guherekezwa n’abafana bitewe n’icyorezo cya Ebola kigaragara muri iki gihugu.





