
Umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Liverpool ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Buholandi ndetse akaba ari na Kapiteni waya makipe yombi yatunguranye nyuma yo kugaragara mu isura nshya mu gihe yitegura gukina Igikombe cy’Isi cya 2026.
Virgil van Dijk yagaragaje inyogosho idasanzwe mu gihe arimo kwitegura imikino y’igikombe cy’isi arikumwe n’ikipe y’ igihugu cye y’u Buholandi ndetse akaba Ari n’umwe mu bakinnyi bitezweho byinshi.
Kapiteni wa Liverpool n’ikipe y’igihugu y’u Buholandi Virgil van Dijk, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri, bityo azaguma muri iyi kipe kugeza mu mwaka wa 2027.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Buholandi, Virgil van Dijk, akaba n’umukinnyi wa Liverpool FC yagaragaye mu isura itandukanye mu gihe yitegura gukina Igikombe cy’Isi cya 2026.




