
Ikipe ya APR FC nubwo ikunze gusohokera u Rwanda mu mikino mpuzamahanga ariko ikomeje kuburizwamo ku rutonde rw’amakipe akomeye muri Afurika dore ko nubu ubwo hasohokaga urutonde rw’amakipe 50 akomeye muri Afurika muri 2026 iyi kipe itagaragayeho.
APR FC ikinze gusohokera u Rwanda buri mwaka benshi bakomeje kwibaza impamvu iyi kipe itajya igaragara ku rutonde rw’amakipe akomeye muri Afurika dore ko no ku rutonde rwamaze kujya hanze rw’amakipe 50 akomeye muri Afurika iyi kipe itagaragayeho
Ku rutonde rwashyizwe hanze rw’amakipe 50 akomeye muri Afurika mu mwaka wa 2026 ikipe ya APR FC ikaba yongeye kubura kuri uru rutonde ibintu abakunzi bayo batiyumvisha
Nubwo ikipe ya Rayon Sports idakunda gusohokera u Rwanda gusa ikaba yarigeze kujya iboneka ku rutonde rw’amakipe akomeye ibi bituma benshi bibaza impamvu APR FC ikinda gusohoka itaragera kuri aka gahigo.






