Achraf Hakimi nyuma yo kuvugisha benshi nyuma yo gutandukana n’uwahoze Ari umugore we akaza gusanga imitungo yose yanditse kuri Nyina kuri ubu yamaze kototera Cardi bari mu kibatsi cy’urukundo.
Umukinnyi wa PSG myugariro Achraf Hakimi nyuma yo gutitiza imbuga nkoranyambaga aho yatandukanye n’umugore we mugihe cya gatanya bagasanga imitungo yose yanditse kuri nyina ubu urukundo ruragurumana hagati ye na Cardi B.
Hakimi yigeze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga mu rukundo rwe rwa mbere nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umugore we Hiba Abouk muri 2023 aho icyo gihe byavuzwe ko yari yaranditse imitungo ye myinshi ku izina rya Nyina butuma mu gutandukana nta mutungo umugore we yabonye.
Cardi B uvugwa mu rukundo na Achraf Hakimi nawe akaba ari umuhanzikazi ukomeye cyane ndetse akaba ari umwe mu bahanzi batunze agatubutse.
