Abakinnyi babiri b’ikipe ya Atletico de Madrid yo muri Espagne bari mu gihugu cy’u Rwanda aho baje...
Mu ijoro ryo kuwa 25 z’ukwezi nk’uku mu 2009 icyamamare Michael Jackson yararembye bikomeye yihutanwa ku bitaro....
FERWAFA yatangaje ko guhera tariki 2 Werurwe 2026, abafana bashobora gutangira kugura amatike y’imikino ya FIFA Series...
Igihugu cya Qatar cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo imikino yose ibera ku butaka bwacyo, icyemezo cyahise gitera impaka...
Umuhanzi Nyarwanda ukora umuziki mu njyana ya Gakondo Ruti Joel, agiye kongera gutaramira muri Leta Zunze Ubumwe...
Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice, yashyize hanze ubutumwa bushimira Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, ku buyobozi amaze...
Iron Dome yakozwe by’umwihariko ngo ikingire ibintu biturika birasiwe bugufi. Ubu buryo bufite inkomoko mu ntambara Israel...
Umuhanzi akaba n’umucuzi w’injyana z’umuziki Element EleéeH yongeye gutumirwa muri Comedy Store yafashe imitima y’abatuye i Kampala...
Mu nkuru nshya zituruka ku itangazamakuru mpuzamahanga, ikipe y’igihugu ya Iran mu mupira w’amaguru irimo gushidikanya ku...
Umuhanzi w’umunyarwanda Ados Muzika ukoreraumuziki ku mugabane w’u Burayi, muri Pologne, yasohoye indirimbo nshya yise “Imirimo ya Big Boy’” yakoranye na Skilibombe, ashimangira ko ariintangiriro y’urugendo rushya rw’ibihangano ateganyagushyira hanze muri uyu mwaka wa 2026. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Gatandatu tariki28 Gashyantare 2026, iba iya mbere Ados asohoyemuri uyu mwaka, ndetse ikaba imwe mu zigize album ye nshya yise “Ma Vie”. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Ados Muzika yavuzeko ari umuhanzi ufite icyerekezo cyo guhuza umuconyarwanda n’injyana ya rap ifite ubutumwa ku rwegompuzamahanga. “Natangiye umuziki nkiri muto. Si ukumenyekananashakaga gusa, ahubwo ni ukuvuga inkuru z’ubuzimabwanjye n’abandi banyuze mu bihe bigoye arikobagakomeza guharanira inzozi zabo,” Ados Muzika. “Imirimo” ni indirimbo ivuga ku rugendo n’integoz’ubuzima Ados asobanura ko “Imirimo” ari igihangano gifiteinkuru yihariye, cyibanda ku rugendo rw’umuntu, kumihigo n’intego yihaye mu buzima. Avuga ko ubutumwa nyamukuru buri muri iyindirimbo ari ugushishikariza urubyiruko gukora cyane, kutacika intege no kwiyizera. “Ni indirimbo yo guha imbaraga abifuza kugera kunzozi zabo. Gushira Imana imbere, gukora cyane no kutigera ucika intege ni byo bigera umuntu ahoashaka.” Yongeraho ko iyi ndirimbo ishyira imbere imbaragaz’umuntu ku giti cye, ikamwibutsa ko nta kintukigenda ku busa iyo yakoze ibimukwiye. Icyo itandukaniyeho n’ibihangano byabanje Ados Muzika agaragaza ko “Imirimo” irushahokugaragaza ubuhanga mu gutanga inkuru no gusakazaubutumwa mu buryo bwagutse kurusha indirimbo zezabanje. Uretse amagambo agaruka ku buzima bwa buri munsi, iyi ndirimbo inafite umudiho wa rap uca impaka, ndetse n’amashusho yakozwe ku buryobw’ikoranabuhanga bugezweho. Kuba yarakoranye na Skilibombe, byatumye indirimboirushaho kuba igitekerezo gishya ku bakunzi ba hip...