Umuhanzi Chriss Eazy aherutse kuvuga ko yinjira mu muziki iwabo mu rugo hari ubukene ndetse na nyina umubyara asigaraye icyizere ku muhungu we muto gusa ari we Eazy.
Ibi ni ibyo yagarutse ubwo yaganiraga n’umuyoboro wa Narababwiye TV, avuga ko nyina umubyara yabonaga asa n’uwabuze abantu bose maze agasigara icyizere ku muhungu we muto.
Eazy avuga ko umubyeyi we yakunda kumubwira ngo azamubere umugabo cyane ko na se umubyara yari yaritabye Imana.
SOMA:MTN Iwacu Muzika Festival izagera i Karongi
Ibyo nibyo ngo byatumye Chriss Eazy akura yumva agomba gukora nk’umugabo w’umugore kugira atazigera atenguha nyina.
Chriss Eazy yaje kugira ibyago nyina na we yitaba Imana muri Kamena ya 2025.


Kanda hano urebe Indirimbo nshya ya Chriss Eazy

