Kuva muri Nzeri 2021, umuhanzikazi Bwiza yinjiye muri KIKAC Music yanatangiriyemo gukora umuziki by’umwuga, amaze kwegukana ibihembo...
IMYIDAGADURO
Bruce Melodie wari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo ye “Pom Pom” yakoranye na Daimond Platnumz na Brown...
Umuhanzikazi Tyla wo muri Afurika y’Epfo yongeye kubabaza Abanyanijeriya nyuma yo kwegukana Grammy Awards ya kabiri, bavuga...
Umusobanuzi wa filime Rocky Kimomo yashyize hanze amafoto yerekana ko yahuye na Michèle Lamy, umucyecuru uhanga imideri...
Umuhanzi Bruce Melodie uri gusoza ibikorwa byo kumenyekanisha indirimbo “Pom Pom” yakoranye na Diamond Platnumz na Brown...
Davis D aganira na Igihe yavuze ko indirimbo ye “Dede” yayikoze yibutse ibihe byo gutandukana n’uwo bakundanaga,...
Umuhanzi Christopher Muneza yashyize hanze album ye ya gatatu yise H2O yari imaze imyaka igera kuri itatu...
Mucyo Kevin wabaye umunyamakuru w’imyidagaduro ku bitangazamakuru birimo Radiyo Imanzi, kuri ubu ni umworozi ukomeye w’ihene za...
Ibihembo bya Shining Stars Africa Awards byari bisanzwe bitangirwa muri Afurika y’Epfo, bigiye gutangirwa i Kigali muri...
Davis D yavuze ko atari umuhanzi wifungirana ahantu hamwe ubwo yasubizaga abibaza impamvu adaheruka gukorana indirimbo na...